Ikigo gifasha abantu mu mirimo yabo ya buri munsi mu Muhanga na Ruvumera
NGINGO Kompanyi ni ikigo gifasha abantu mu bikorwa byoroshye bya buri munsi mu Muhanga – Ruvumera, mu Rwanda. Twatangiye tugamije gutanga serivisi zinoze, zikoranwe ubwuzu n'ubunyamwuga kugira ngo abakiriya bacu batwizere.
Twemera ko serivisi zinoze zitanga umusanzu mu iterambere rya sosiyete. Ni yo mpamvu dukora inshingano zacu twiyemeje gukorera abakiriya bacu neza n'ubwitange busesuye.
Umuyobozi NIYOBUGINGO Blaise ni we uyobora ikigo mu bufatanye n'abakozi be bose, hagamijwe korohereza abakiriya mu bikorwa byabo bya buri munsi.
Koresha sisiteme ya NGINGO-teka kugira ngo ucunge akazi kawe neza